in

Itegeko ryiswe “Ronaldo Rule” ryashyizweho na Manchester united ryatumye benshi bacika ururondogoro

Nyuma yuko Cristiano Ronaldo aherutse gutandukana na Manchester United yamuhembaga asanga miliyoni 480 z’amanyarwanda ku cyumweru. 

Muri Nzeri umwaka ushize, mu Bwongereza hasohotse ubushakashatsi bwagaragaje ko Manchester United yahembye miliyoni 384 z’amayero mu mwaka w’imikino 2021/22 ndetse byatumye iyi kipe iba ikipe ya mbere ihemba amafaranga menshi muri iki gihugu. 

Itegeko ryitiriwe Ronaldo ryashyizweho mu buryo bwo kurwanya ishyari mu bakinnyi ku bijyanye n’umushahara

Nyuma yo kubona iyi mibare, ubuyobozi bwa Manchester United bwafashe umwanzuro wo gushyiraho itegeko ryiswe “Ronaldo rule” rivuga ko nta mukinnyi ugomba kurenza umushahara w’ibihumbi 200 ku cyumweru. 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bidasubirwaho Lionel Messi na Cristiano Ronaldo bagiye guhurira mu mukino uzashimangira ihene nkuru iyo ariyo

Uburyo bwonyine bwagufasha gucika intare itakuriye igihe wahuye nayo mu ishyamba