in

Itangazo rirebana n’ibiciro by’ingendo rigenewe abagenzi n’abakoresha imodoka zitwara abagenzi  mu buryo bwa rusange

Itangazo rirebana n’ibiciro by’ingendo rigenewe abagenzi n’abakoresha imodoka zitwara abagenzi  mu buryo bwa rusange

Minisiteri y’ibikorwaremezo mu Rwanda yatangaje ko ibiciro by’ingendo bitazahinduka ku bakoresha imodoka z’itwara abagenzi mu buryo bwa rusange mu mujyi wa Kigali, naho abajya mu ntara ibiciro bizajya bigenwa n’isoko.

Ibi yabitangaje nyuma yuko hari benshi bakomeza kwibaza niba igiciro cy’urugendo kizahinduka nkuko igiciro cya essance cyahindutse.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Cyakibuno cyatumye Davis D na Kivin Kade bafungwa cyashizeho! Shazz watumye Davis D na Kade bafungwa akomeje kuba inkuru nyuma yo kugaragara yarashizemo ikibuno cyatumye bafungwa cyarashizeho – Amafoto

Breaking news: Ikipe ya Rayon Sports imaze kwirukana umuntu bashinja kugira uruhare mu ntsinzwi imaze iminsi ihura nayo