in ,

Isomere ukuntu Mesut Ozil yaserereje abanyamakuru bumvaga Chelsea izatwara FA Cup

Umukino wa nyuma wa FA Cup wahuje ikipe ya Arsenal na Chelsea ku wa gatandatu washize wari wavugishije abantu benshi harimo n’abanyamakuru bo mu bwongereza bahaga amahirwe ikipe ya The Blues yitwaye neza saison yose ikanatwara igikombe cya Shampiyona kurusha Arsenal yagiye yitwara nabi bikarangira ibuze n’umwanya uyijyana muri Champions League.

Uko Ozil yaserereje abanyamakuru

Nyuma y’uko Arsenal itsinze Chelsea 2-1 igatwara icyo gikombe,Mesut Ozil ntago yibagiwe abo banyamakuru bayimye amahirwe bakayihera mukeba wabo Chelsea.Uyu musore yazindutse afotora urupapuro rw’ikinyamakuru kimwe aho abanyamakuru b’inararibonye bahaga amahirwe Chelsea nuko yandika “Experts predictions” dushyize mu kinyarwanda bivuga “Uko inarabibonye zabonaga umukina”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ifoto ya Joxy Parker arimo kwikorakora ku bice bye by’ibanga ikomeje kuvugisha benshi

Amber Rose yashyize hanze amafoto agaragaza imiterere y’umubiri we maze abasore baravugishwa karahava (yarebe hano)