in ,

Isomere akantu UEFA ishaka gukora mu mukino wa Real Madrid na Juventus katigeze kabaho ukundi muri ruhago

Umukino wa nyuma wa Champions League uzahuza Real Madrid na Juventus ku wa gatandatu utaha UEFA ibifatanyijemo na Federasiyo ya Ruhago yo muri Wales bashaka kuzafunga hejuru ha stade izakira uwo mukino.

Kubera gutinya ibitero by’abagizi ba nabi bari kwibasira i Burayi muri iyi minsi kandi bakaba batinya ko bakwibasira umukino wa mbere uba ukomeye ku mugabane w’i Burayi ari wo final ya Champions league biyemeje kuzafunga hejuru y’iyo stade.

Stade izakira uwo mukino

Ni wo mukino wa nyuma (Final) mu mateka ya ruhago uzakinwa stade ifunze hejuru aho n’amakipe ari yo Real Madrid na Juventus ubwo azaba ahakorera imyitozo izaba ifunze nabwo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ihere ijisho amafoto y’umunyarwandakazi wifuzwa n’abagabo benshi cyane ku isi

AKUMIRO-Umukinnyi waciye ibintu muri Premier League agiye gukina filime z’urukozasoni