in

NdababayeNdababaye NDASETSENDASETSE

Isi irashaje: ibyo uyu mupasiteri yakoreye umubyeyi mu rusengerero biteye agahinda.

Umupasiteri uzwi ku izina ry’Intumwa T. Freddy  muri Zimbabwe yateje impaka nyuma y’umurimo udasanzwe wo gukiza no gutabara yakoreye mu itorero rye aho yasabye umubyeyi ukuze gukuramo imyenda akituma imbere y’abayoboke be avuga ko arimo kumwirukanamo shitani.

Uwiyise umuhanuzi akaba ari nawe washinze Itorero rya Goodness and Mercy Ministries Church yatumye umugore yikubita ku Alitari y’itorero maze amusaba kuzamura imyenda akituma nkuri mu musarane.

Mugihe cyo gukira kidafite agaciro, uwitwa umuhanuzi yasakuzaga ati “sohoka, sohoka.” Maze uyu mubyeyi ahita akubita amavi hasi akora ibigayitse yasabwe gukora.

Abayaboke be bumvikanaga mu mashusho bakoma amashyi, mugihe umuhanuzi wiyise T Freddy avuga ko babonye “imbaraga zImana zikora ibitangaza.

https://twitter.com/killerzivhu1/status/1452342965108621322?t=l1Bo2ImVHz-_y1qOxaXJsw&s=19

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kakubayeho !ibi bimenyetso nubyibonaho uzamenye ko wanduye SIDA.

Wa musore we nujya gutereta muri ubu buryo nta nkumi izagucika.