in

Isi igeze kure! Umusore yatanze agera kuri miliyoni 60 Frw kugira ngo agire ikibuno nk’icya Nicki Minaj – AMAFOTO

Umusore witwa Rudy Villalobos wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatanze akayabo ka miliyoni 60 Frw kugira ngo ahindurirwe imiterere ndetse bamutereho ikibuno nk’icya Nicki Minaj.

Uyu musore w’imyaka 27 avuga ko yakuze akunda Nicki Minaj anamufata nk’umuntu w’icyitegerezo, bityo rero ubwo uyu muraperikazi Nicki Minaj yihinduzaga imiterere (yongeresha ikibuno), byatumye Rudy Villalobos akora amanwa n’ijoro kugira ngo nawe azihinduze ikibuno nka Nicki Minaj.

Rudy Villalobos yavuze ko nubwo hari abantu benshi ku mbuga nkoranyambaga bamwibasira, ariko adatewe isoni n’uko ari umutinganyi no kuba yitwara nk’abakobwa.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ntamugabo uhunga ibibazo! Yagiye kuvugana n’itangazamakuru aburira mu myotsi hitabazwa Kapiteni w’ikipe, umutoza wa APR FC ari kwegera kwirukanwa

Sam Karenzi watangaje mbere ko APR FC izatwara igikombe yongeye kwisubiraho avuga ikipe izatwara igikombe hagati ya Kiyovu Sports na Rayon Sports nubwo atayemera