in

Isi igeze ku musozo: ababyeyi bumiwe babonye abana bato b’abahungu bafotowe baryamanye bahuje igitsina

Muri iyi minsi cyane cyane kubera ikoranabuhanga hakomeje kugenda hagaragara ibintu biteye ubwoba, wa mugani w’abasenga bavuga ko turi mu bihe bya nyuma.Nibyo biri muri bimwe mu byavuzwe n’ababyeyi babonye amashusho y’abana bato rwose kandi b’abahungu bafotowe bari mu bikorwa biteye isoni, byo gukora ubutinganyi.

Mu mashusho yasakaye kuri interineti tutari bushyire muri iyi nkuru kubera uburyo arimo ibiteye isoni agaragaza abana babiri b’abahungu bakiri bato bari ahantu hihishe baryamana bahuje igitsina .Ntihatangajwe igihugu aba bana bakomokamo ariko byatumye ababyeyi bibaza aho ibintu nk’ibi baba barabikuye.Gusa nk’uko isi igenda izana n’ibyayo bishoboka ko babikuye ku mbuga nkoranyambaga nabo bagashaka kubyigana.Ababyeyi bagiriwe inama zo gukomeza gukurikirana imyitwarire y’abana babo no kumenya ibyo bahugiramo cyane cyane iyo bafite ibikoresho by’ikoranabuhanga no kubigisha kureka ingeso mbi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Lakers yatsinze nyuma y’igihe kinini idatsinda, Warriors yatsinzwe, Westbrook mu nzira zisubira OKC na resultants zose

” Nshatse kuvuga ko mbakunda muri inka zanjye “-ibyo shaddyboo yavuze bikomeje kubabaza benshi kuri Twitter