in

Ish Kevin yatangaje icyamuteye gushinga studio ye ya Trappish Records

Semana Kevin uzwi nka Ish Kevin yatangaje impamvu yashinze inzu itunganya umuziki ( Studio) yitwa Trappish Records.

Ish Kevin uri mu bahanzi bagezweho cyane mu muziki Nyarwanda ugezweho cyane cyane mu jyana ya Trappish Music.
Kuri ubu uyu muhanzi ufatwa nk’uyoboye ikiragano gishya ‘ New Generation’ , yamaze gushinga inzu ye itunganya umuziki yise Trappish Records, ihereye mu Mujyi wa Kigali, Kacyiru.

Ikirango cya Studio ya Ish Kevin

Ish Kevin ubwo yaganiraga na Radio 1 yabajijwe icyamuteye Studio ye nk’umuhanzi ukiri muto yakagombye kuba yarakozemo ibindi nko kugura imodoka, inzu cyangwa ibindi.
Ish Kevin yasubije umunyamakuru ko we urukundo akunda umuziki aricyo kintu cyatumye agira igitekerezo cyo gushinga Studio.
Ish Kevin yakomeje avuga ko iyo nzu ifunguye umuryango no ku bandi bahanzi niyo yaba nakora inzindi njyana

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Musanze habereye impanuka mbi cyane kurenza izo waba uzi zose

Urigatamo gake gake bigatinda, dore ibyo utari uzi mu kurigata mu gitsina cy’abagore