in ,

‘Iri Jambo ni ryo ryaburaga’ Ariel Wayz watumiwe kuri Rayon Day yavuze ijambo rishimangira ko kuba azitabira umunsi w’aba Rayon atari akazi gusa ahubwo ayifite no ku mutima nk’umufana wayo ukomeye

‘Iri Jambo ni ryo ryaburaga’ Ariel Wayz watumiwe kuri Rayon Day yavuze ijambo rishimangira ko kuba azitabira umunsi w’aba Rayon atari akazi gusa ahubwo ayifite no ku mutima nk’umufana wayo ukomeye

Ku wa gatandatu tariki 4 Nzeri 2023 nibwo biteganijwe ko umunsi w’aba Rayon uzaba ndetse bikazaba ari ibirori bidasanzwe kuko usibye kuba bazaconga ruhago batumiye n’abahanzi nyarwanda bakunzwe ari bo Ariel Wayz ndetse na Platini P.

Nyuma y’uko Ariel Wayz atumiwe muri uyu munsi nkumuhanzi uzasusurutsa abazaba bitabiriye yeretse abafana ba Rayon ko usibye ku ba azaririmba hano ari n’umufana wa Gikundiro.

Mu magambo yagize ati ” iyi niyo kipe mpagaze ho” aya magambo yumvikana nk’ayasanzwe gusa ashimangira ko Umuhanzikazi Ariel Wayz na we yihebeye iyi ekipe.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uyu we nahagera aba Rayon bazamukomera amashyi: Rayon Sports imanuye rutahizamu wakiniraga ikipe itinyitse muri Afurika -AMAFOTO

“Ndaguciye uzakomeza kuyobora uri igicibwa kugeza igihe Uwiteka azashyiraho ugusimbura” Pasiteri Ntakirutimana Theoneste yigaranzuyu umushumba mukuru wa ADEPR wari wamuhagaritse mu nshingano ni uko maze ahita anamugira igicibwa muri iri torero kugeza igihe Uwiteka ashakiye