in

Guterman yatawe muri yombi kubwo kubura ayo kwishyura icupa

Umunyamakuru Bujyakera Jean Paul uzwi nka Guterman yatawe muri yombi azira kwaka icyo kunywa mu kabari akananirwa kwishyura ndetse no gukubita uwamwishyuzaga.

Kugeza ubu uyu munyamakuru afungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Remera mu gihe iperereza rigikomeje kugira ngo dosiye ye ishyikirizwe ubushinjacyaha.

Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B. Thierry, yabwiye IGIHE dukesha iyi nkuru  ko ibi byaha byakozwe ku wa 21 Nzeri 2022 mu Kabari gaherereye mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Remera, Akagari ka Rukiri II, Umudugudu wa Rebero akaka ibyo kunywa bitandukanye nyuma ntiyishyure hanyuma aza no gukubita uwamwishyuzaga.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Irari Davis D yagaragaje ubwo yahuraga na Mimi Mirage ryavugishije abatari bake (Amafoto)

Kigali: Indaya yabaze indi ngezi ye nyuma yo kunywa urwagwa itahawe