in

Inkuru y’incamugongo ibika urupfu rwa Ambasaderi Mukaruliza Monique, gusa hamenyekanye icyamwishe

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 30 Werurwe 2024, Nibwo mu Rwanda hamenyekanye inkuru y’incamugongo ibika urupfu rwa Ambasaderi Mukaruliza Monique.

Uyu mugore wabaye mu nzego zitandukanye nkuru z’igihugu, wapfiriye i Bruxelles mu Bubiligi aho yari amaze iminsi arwariye.

Umugabo we, Ntirushwamaboko John, yabwiye IGIHE dukesha iyi nkuru ko umugore we atari amaze iminsi myinshi arwaye. Ati “Byabaye uyu munsi nko mu masaha abiri ashize. Yari arwariye i Bruxelles, yari amaze ibyumweru nka bibiri.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abakobwa ba nyakwigendera Jay Polly bagiriye umugisha mu gitaramo ‘Baba Xperience’ cya Platini, bahabwa arenga Miliyoni 16Frw

Muhazi United y’abakinnyi 10 yahagamye APR FC mu mukino wa Shampiyona