in

Inkuru y’akababaro: Umunyamakuru Murindahabi Irene yagize ibyago 

Inkuru y’akababaro: Umunyamakuru Murindahabi Irene yagize ibyago.

Umunyamakuru ukunzwe cyane hano mu Rwanda Murindahabi Irene yifashishije imbuga nkoranyambaga ze amaze gutangaza ko yapfishije Mama we umubyara akaba ari bintu byashenguye umutima w’uyu mugabo dore ko atahwemaga kuvuga urukundo akunda umubyeyi we witabye Imana.

Irene yagaragaje ko atewe agahinda gakomeye no kubura umubyeyi wamutoje byinshi mu buzima bwe.

Abakunzi b’uyu munyamakuru barimo Tidjara Kabendera wabaye umunyamakuru ukomeye cyane kuri RBA yihangashije Irene agira ati:”Ihangane kubura uwawe birababaza byagera ku mubyeyi bikaba ibindi ihangane cyaneee Imana iguhe gukomera 💔🙏”.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Arsenal na Chelsea batangiye kurwanira umukinnyi, Cyera kabaye Zinedine Zidane yaba yemeye gutoza indi kipe , Heung-min Son na Mohamed Salah baba bagiye kwisanga mw’ikipe imwe vuba bidatinze

Nyuma y’abagiye, ikipe ya Rayon Sports igiye gukina na Musanze FC idafite abakinnyi barenga 2 bakomeye