in

Arsenal na Chelsea batangiye kurwanira umukinnyi, Cyera kabaye Zinedine Zidane yaba yemeye gutoza indi kipe , Heung-min Son na Mohamed Salah baba bagiye kwisanga mw’ikipe imwe vuba bidatinze

Ibinyamaku birimo Diario Sport na Kicker byatangaje ko umugabo w’umufaranaa w’imyaka 51 Zinedine Zidane ari mubayoboye urutonde rwabo ikipe ya Bayern Munich ishaka ko bazasimbura Thomas Tuchel iyi sezo nirangira.

Umutoza Zinedine Zidane uvugwa muri Bayern Munich

• Ikinyamaku Football Transfers cyatangaje ko abasore babiri bari mubameze neza muri shampiyona y’u Bwongereza umunya_ South Korea w’imyaka 31 Heung-min Son ukinira Tottenham Hotspur n’umunyamisiri w’imyaka 31 Mohamed Salah ko ikipe yo muri Saudi Arabia pro league ariyo Al-Ittihad ibashaka ubwo isoko rizongera gufungura iyi sezo irangiye.

Heung-min Son na Mohamed Salah bavugwa kwerekeza muri Al-ltthad

• Ikinyamaku Teamtalk cyanditse cyivuga ko ikipe ya Arsenal ishaka umunya_Nigeria w’imyaka 26 Victor Osimhen ndetse ko na Chelsea nayo ariwe ihanze amaso cyane ngo abe yababera igisubizo cya rutahizamu

Victor Osimhen rutahizamu Chelsea na Arsenal zirigushaka 

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Neymar Jr yakoreye igikorwa gikomeye Dani Alves ugiye kumara imyaka ine muri gereza

Inkuru y’akababaro: Umunyamakuru Murindahabi Irene yagize ibyago