in

NdababayeNdababaye NDASETSENDASETSE

Inkuru ibabaje y’umugabo wapfuye nyuma y’iminsi ibiri arongoye.

Umunyamakuru w’icyamamare muri Malawi, wari ushinzwe itumanaho mu bucuruzi no mu iterambere, uzwi nka Russell Chimbayo, yitabye Imana nyuma y’iminsi ibiri akoze ubukwe.

Ku wa gatandatu, tariki ya 2 Ukwakira, Russell na Jacqueline Joana Jeke nibwo bashyingiranywe, kuri St James CCAP i Zingangwa mu gihe ibirori byabereye muri Mtendere Gardens Nyambadwe i Blantyre, mu majyepfo ya Malawi.

Haracyakorwa iperereza ku rupfu rw’uyu musore ,wapfuye ku wa mbere,tariki 4 Ukwakira 2021 hashize iminsi ibiri yonyine arongoye.

Umwe mu bayoboye ubukwe bw’aba bombi yavuze ko urupfu rw’uyu musore rwashenguye abatashye ubukwe bwabo bose nabari bamuzi..

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kigali: umugabo yasahuye inzu y’umugore we yitabaza umupfumu,none dore ibibaye.(Video)

King James asubije ibibazo bikomeye atigeze avuga na rimwe| Ku bijyanye no gushaka umugore n’ibindi