in

Inama Abakobwa/abagore bashobora gukurikiza bakagira amaguru n’amatako meza.

Kenshi usanga Abakobwa cyangwa bakora ibishoboka byose kugirango bagire amaguru cyangwa amatako meza kuko bibongerera igikundiro ku basore bose bamureba.

Muri iyi nkuru rero twabahitiyemo inama 5 wakurikiza niba ushaka guhorana amaguru meza.

1.kugerageza kugenda n’amaguru nka 30min buri munsi, ibi nabyo bizagufasha ariko wambaye inkweto zitazamuye.

2.Gukora Sport nk’iminota 45min mu cyumweru.
Bituma urambura imitsi kandi bikagabanya ibinure mu mubiri.

3.Koga mu mazi ugakurura amazi n’amatako yawe nabyo bituma amazi asa naho ari kuku masa. Ukajya ubikora nka 3 mu cyumweru.

4.Gukora umwitozo wo gusimbuka mu gitondo ariko utambaye inkweto, ushobora no gufata umugozi ukajya usimbuka buri gitondo.

5.Imirasire y’izuba rya kare cyane mu gitondo. Ugomba Kwambara ijipo ngufi mu gitondo wenda ukibyuka cg uri gukora isuku kugirango ya mirasiye yizuba ikugere ku matako ark nta cola wambaye.

Niwifashisha bimwe mubyo twakubwiye hejuru ntakabuza uzagira amaguru meza.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kera kabaye Fofo wo muri papa agize icyo atangaza ku rukundo rwe na Diamond Platnumz(VIDEO)

Messi vs Ronaldo :Hamenyekanye uwinjije agatubutse kurusha undi muri 2020.