in

Impeshyi ishobora gusiga Neymar atakibarizwa muri PSG

Umuherwe w’ikipe yo mu gihugu cy’Ubufaransa PSG ,bwana Nasser Al Khelaifi n’umuherwe wa  Chelsea bwana Todd Boehly bagiranye ibiganiro by’ibanga mu mujyi wa Paris  ngo byibanze kukuba kabuhariwe Neymar Jr ashobora kwerekeza muri Chelsea.

Amakuru avuga ko Neymar ashobora kuva muri PSG yari amazemo imyaka igera kuri 6 muri iy’impeshyi akaba yakwerekeza muri  Chelsea ndetse bikaba ari bimwe mubyo ibiganiro aba baherwe b’amakipe yombi bibanzeho mu biganiro byabo kuwa 2 ubwo bahuraga.

Neymar yari afite amasezerano ya PSG  agomba kurangira mu mwaka wa 2027.

Abayobozi b'amakipe yombi baganiriye ibiganiro byibanze kukuba Neymar yava muri PSG akerekeza muri Chelsea
Abayobozi b’amakipe yombi baganiriye ibiganiro byibanze kukuba Neymar yava muri PSG akerekeza muri Chelsea

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Tiwa Savage yinjiye mu rugendo rwo gukina Filime, aho Filime azashyira hanze izaba yitiranwa na bimwe mu bikorwa bye

Miss Shimwa Guelda n’umugabo we bari mu byishimo bitagira uko bisa