in

Impanuka iteye ubwoba y’imodoka itwara abagenzi yahanutse mu buryo bukomeye ku musozi igwa mu mukingo irimo abantu benshi

Muri iki gitondo ku misozi ya Logia mu karere ka Babati mu gihugu cya Tanzania habereye impanuka y’imodoka itwara abagenzi yahitanye umuntu umwe abandi 38 barakomereka.

Imodoka yavaga i Singida yerekeza Arusha yabuze icyerekezo ihanuka ku musozi igwa mohasi.

Amakuru yambere yatanzwe n’umuganga mukuru wakarere ka Manyara avuga ko ibitaro byoherejwe mukarere byakiriye 38 bakomeretse, bamwe muribo bari mubyumba ba bagiramo abandi bameze neza.

Turacyashakisha umuyobozi wa polisi mu karere ka Manyara kugirango tumenye byinshi ku cyateye iyi mpanuka.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ikinaniye ifaranga urajugunya! Amafoto y’umusore w’imyaka 19 wihebeye w’umukecuru utunze amamiliyari uruta nyirakuru

APR FC yakoreye imyitozo ya nyuma kuri Stade Mpuzamahanga y’i Huye, abakinnyi bahishura umubare w’ibitego bazayinyagira Rayon Sports (AMAFOTO)