in

NdababayeNdababaye

Impanuka ikomeye ibaye mu Gatsata, abaturage bahururana amajerikani(Video)

Mu Gatsata ,ho mu Karere ka Gasabo habereye impanuka y’ikamyo yari itwaye essence maze abaturage bahururana amajerikana baje kwivomera essance.

Nk’uko ababonye iyi mpanuka babibwiye BTN  ngo iyi mpanuka yatewe n’imodoka y’ivatiri yitambitse iyi kamyo, hanyuma umusheferi agerageje gushaka kuyicaho ahita abura controle bituma ihita ihirima.Aba babibonye bakomeje bavuga ko iyi kamyo yari igiye guhirimira abanyonzi  ariko ntibahasiga ubuzima, uwari utwaye iyi kamyo akaba yarahise akizwa n’amaguru ndetse asiga akuyeho ibirango (plaque) by’iyi kamyo .Gusa abantu bakibona ko iyi kamyo iguye bahise bazana ibijerekani ngo batware essance.Ibi byari biteye ubwoba cyane kuko ahantu iyi modoka yari yahirimye hashoboraga gushya kubera essance.Byaje gutuma inzego z’umutekano zihagoboka batangira kwirukana aba bantu kugirango badashyira ubuzima bwabo mu kaga.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibikorwa umukobwa wese w’umutima adakwiye gukora ari kumwe n’umukunzi we.

Amashusho agaragaza ubugome bwakorewe abanyeshuri bitabiriye isabukuru ya mugenzi wabo.