in

Impanga z’abasore bavutse bafatanye bakorewe ibidasanzwe.

Impanga zavutse zifatanye mu Buhindi ariko zigatabwa n’ababyeyi bazo zikivuka zabonye akazi kazo ka mbere ndetse zizajya zihabwa imishahara ibiri nk’abantu 2 batandukanye.

Izi mpanga zatereranywe zikiri impinja zabanaga mu nzu zagenewe abana bo mu miryango ikennye ariko kuri ubu ziri mu byishimo ko zabonye akazi ka mbere.

Izi mpanga zatereranywe zikiri impinja zabanaga mu nzu zagenewe abana bo mu miryango ikennye ariko kuri ubu ziri mu byishimo ko zabonye akazi ka mbere.

Ikigo cya Punjab State Power Corporation Limited (PSPCL) cyabahaye akazi ko gukora amashanyarazi aho buri wese azajya ahembwa amapawundi 100 buri kwezi.

Kuva bakiri bato, bakundaga gukora ibintu kandi bakagerageza gusana ibikoresho byose byangiritse aho babaga.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu Rwanda: Umu Pasiteri Ahishuye Ko Barya Amaturo (Video)

Impamvu simusiga zishobora gutuma umugabo/umusore agira igitsina gito cyane.