in

Impaka zicike: Intandaro yo kubura abitabira igitaramo cya Demarco muri BK Arena yamenyekanye -AMAFOTO

Umunya-Jamaica Demarco yataramiye abanya-Kigali mbarwa, mu gitaramo cyaranzwe n’ubwitabire buke cyabereye muri Kigali Arena

Ni igitaramo cyari giteganyijwe mu masaha ya kare y’umugoroba. Muri iyi nyubako ya BK Arena isanzwe ijyamo ibihumbi 10, hari harimo abantu batageze no kuri 50.

Dusesenguye neza twaje gusanga intandaro yo kubura abantu muri iki gitaramo arukubera imikino ya shampiyona y’icyiciro cya mbere yari yakomeje ku munsi wa 17 aho imikino ikomeye twakita ko ari iy’amakipe akomeye Kandi afite abafana benshi yari yabereye mu ntara hanze y’umujyi wa Kigali.

Ikipe ya Reyon sport ifatwa nk’ikipe ya mbere hano mu Rwanda ifite abafana benshi yari yambutse yerekeje mu magepfo mu karere ka Huye gukina n’ikipe ya Mukura VS na APR FC nayo yerekeza mu karere ka Muhanga gukina n’ikipe ya Kiyovu Sport.

Ikigaragaracyo nuko abantu Bose bari berekeje ku bibuga gushyigikira amakipe yabo bigatuma igitaramo cya Demarco cyibura aba kitabira.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyamukandagiramukibuga yafashe umwanya wa mbere! Dore uko urutonde rwa shampiyona ruhagaze nyuma y’umunsi wa 17

Umwana wakinnye imikino yo kwihisha akamara iminsi yaraburiwe irengero yabonetse mu kindi gihugu