in

Imodoka y’Ambulance yari irimo abarwayi 2, yaheze mu isayo imaramo amasaha arenga 8 – AMAFOTO

Mu ijoro ryacyeye, imodoka itwara indembe [Ambulance] y’Ibitaro bya Remera Rukoma mu Karere ka Kamonyi, yari yagiye gutwara umurwayi ku Kigo Nderabuzima cya Kabuga, ubwo yari iri kuzamuka ahitwa ku Kabasare yanananiwe kuhazamuka, ijya guca mu Murenge wa Runda, iza kugera ahari huzuye amazi menshi inanirwa kuhava.

Ku bw’amahirwe ntawagiriyemo ikibazo, Yakuwemo nyuma y’amasaha 9 hifashishijwe breakdown abarwayi 2 bo bakaba bahise bashakirwa indi ambulance iyi igifatwa mu isayo.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

APR FC yihereranye Gorilla FC bituma ikomeza kuyobora shampiyona aho igiye gusoza idatsinzwe

Urwandiko rwasizwe na wamusore wiyahuye kubera ko umukobwa yamwanze, rukomeje kuvugisha benshi