in

APR FC yihereranye Gorilla FC bituma ikomeza kuyobora shampiyona aho igiye gusoza idatsinzwe

Ikipe ya APR FC yatsinze Gorilla FC ibitego 2-0, yuzuza imikino 29 ya shampiyona yikurikiranya idatsindwa.

Mu gihe iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu yaba idatsinzwe n’Amagaju FC bazahurira ku mukino w’umunsi wa nyuma wa shampiyona, yaba isubiyemo amateka ifite yo gutwara shampiyona idatsinzwe.

Undi mukino wabaye, warangiye Etincelles FC yari imbere y’abafana bayo, yatsinzwe na Kiyovu Sports ibitego 3-2.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umwana wiga mu mwaka wa Gatutu w’amashuri abanza ‘P3’ yagiye ku ishuri yambaye impuzankano y’ishati ya Polisi avuga ko ari iyo se yambara nijoro akagenda batazi aho agiye

Imodoka y’Ambulance yari irimo abarwayi 2, yaheze mu isayo imaramo amasaha arenga 8 – AMAFOTO