in

Imirimo yo kuvugurura igeze kuri 93%! Umunsi ku wundi ibintu biba byabaye bishya kuri sitade Amahoro iri kuvugurwa – AMAFOTO

Stade Amahoro imaze amezi 19 ivugururwa, imirimo yayo igeze hafi ku musozo kuko iya nyuma ari yo iri gukorwa amanywa n’ijoro. Nta gihindutse muri Gicurasi, izaba yarangiye ku buryo yabasha kwakira ibikorwa bimwe na bimwe.

Ugeze aho imirimo iri gukorerwa, umunsi ku wundi ibintu biba byabaye bishya. Umuyobozi ushinzwe kugenzura ibikorwa by’ubwubatsi muri Summa Rwanda, Ishimwe Abdul Aziz, yasobanuye ko imirimo igeze kuri 93% y’imirimo yose muri rusange.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukino ugomba guhuza ikipe ya Rayon Sports na APR FC wimuwe

RIP Rebeca! Umugore yapfanye n’abana babiri b’impanga ubwo yababyaraga