in

“Imirima n’inka zacu biragiye koko?” Umuturage washoye akayabo muri STT ararira ayo kwarika nyuma yuko BNR ibijemo

Mu ntangirizo ziki Cyumweru nibwo Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda, John Rwangombwa yaburiye abakomeje gushora amafaranga yabo muri Company izwi nka STT ikorera online.

Nyuma y’uyu muburo, iyi campany yahise ifunga maze abashoyemo amafaranga yabo babura uko bayabikuza.

Mu ntangirizo z’uyu mwaka ni bwo STT yatangiye gukorera mu Rwanda, aho ashoramo $75 (107,00Frw) buri munsi STT ikamwungukira $ 2.4 ku munsi (Frw 3,000) mu gihe nk’uwashoye $30,000 ashobora kungukirwa $1,200 ku munsi.

Uyu muturage utabaza, yari yashoye arenga miliyoni 6Frw.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abasore b’ikipe y’Igihugu Amavubi babashije kwimana u Rwanda muri Botswana

Imbuto za Mwuka wera umukristo akwiye kwera – Habanza urukundo