in

‘Imipira yose bamuhaga wagiraga ngo ba yishose ku gikuta’ impamvu eshatu mwahishwe zatumye JONATHAN IFUNGA IFASSO yirukanwa igitaraganya muri Rayon Sports yari aziko aje kwihisamo

‘Imipira yose bamuhaga wagiraga ngo ba yishose ku gikuta’ impamvu eshatu mwahishwe zatumye JONATHAN IFUNGA IFASSO yirukanwa igitaraganya muri Rayon Sports yari aziko aje kwihisamo.

Ku munsi w’ejo hashize nibwo IFUNGA IFASSO yirukanwe muri Rayon Sports yari amazemo iminsi 17 yonyine.

Nyuma yo gusezererwa bavuze ko nta byangombwa agira.

Gusa si izo mpamvu zatumye asezererwa igitaraganya.

Izindi mpamvu ni ukubera urwego rwe ruri hasi mu mikinire.

Indi mpamvu ni uko yatengushye umutoza wa Rayon Sports ku mukino wa gishuti banganyijemo na Gorilla Fc.

Impamvu yanyuma ni umubare w’abanyamahanga, aho babonye batamutungana n’abandi.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

I Nyarugenge inkuba zikubise imvura itaguye! Hari imashini kirimbuzi ije muri Rayon Sports ishyitse i Kigali ku kibuga k’indege i Kanombe

Abagira isoni murayareba mwipfutse mu maso: Hari umuhanzikazi werekanye ibintu bigoranye cyane ko har’undi mukobwa wabyerekana -AMAFOTO