in

Iminsi y’umujura ni 40 ! Abajura baguwe gitumo bamaze kubaga ingurube bari bibye maze babakorera agakoryo ku buryo batazongera kwiba ukundi

Ibyo bari barigize barafashwe! Abajura baguwe gitumo bamaze kubaga ingurube bari bibye maze babakorera ibintu agakoryo ku buryo batazongera kwiba.

Mu karere ka Rusizi haravugwa inkuru y’abajura baguwe gitumo bari kubaga ingurube y’umuturage bari bibye.

Aba bajura bafashwe n’inzego z’umutekano zabasanze aho bari bari kubagira iyo ngurube bari bibye.

Nyuma yo gufatwa bahise bikorezwa izo nyama z’iyo ngurube bari babaze aho bazengurutse isantere ya Kamembe bazikoreye.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

‘Nzagura Intanga z’umuzungu nibyarire umumetisi’ Umukobwa w’ikizungerezi arahiye ko atazigera ashaka umugabo kuko nta rukundo akigira

Hatinda umugabo koko: Umunyamakuru ukomeye wa Kiss FM aritegura kwibaruka imfura ye (amafoto)