in

Imana yakinze ukuboko! Benshi bafashwe n’amarangamutima bashima Imana nyuma yo kubona uburyo imidoka Dogiteri Nsabi na Bijiyobija bari barimo yabaye -Ifoto

Ku munsi wejo hashize ubwo abanyarwenya babiri Dogiteri Nsabi na Bijiyobija bari mu rugendo mu muhanda Kigali-Musanze bakoze impanuka ikomeye, yateye benshi ubwoba.

Ubwo bari bageze ahitwa Kivuruga mu karere ka Gakenke, nibwo imodoka barimo yagonganye na Daihatsu, irangirika bikomeye, ndetse abarimo bajyanywa kwa muganga.

Ku mugoroba nibwo Dogiteri Nsabi abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yasangije ifoto y’uburyo imodoka barimo yabaye. arangije arenzaho amagambo yo gushima Imana kubwo kuba yabarinze.

Abatari bake nyuma yo kubona uburyo iyi modoka yangiritse bikomeye, bafashwe n’amarangamutima bashimira Imana kubwo kuba yakinze ukuboko.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kapiteni Muhire Kevin yageneye ubutumwa Rayon Sport imaze imyaka myinshi idatwara igikombe

Umunyezamu wa Bugesera FC yaraye arira! Abakinnyi bemerewe agatubutse! Ibyavuzwe mu ikipe ya Bugesera FC nyuma yo gusezerera Rayon Sports mu gikombe cy’Amahoro