in

Ikura uburozi mu nda, dore uko wakoresha Beterave ukirogora babaye bakuroze

Ikirirwa cya beterave ntabwo gikubze gukoresha ariko Dore akamaro ko kurya beterave aho ikura uburozi m nda.

Beterave inoza imikorere y’imikaya

Umutobe wa beterave habamo “monoxyde d’azote” ifasha imikaya kwinjiza umwuka mwiza mu mubiri (oxygene ) mu gihe umuntu akora sport cyangwa imyitozo.

Beterave yiganjemo potasiyumu

Umunyungugu witwa potasiyumu ni ingenzi mu mubiri w’umuntu kuko utuma habaho imikorere myiza y’imikaya, si ibyo gusa ahubwo n’amarangamutima (emotions ) akora neza ndetse bivanaho umunaniro wo mu bwonko.

Beterave irwanya canseri

Mu bigize beterave dusangamo glycine betane ifite uruhare runini mu kurwanya kanseri ntibashe kwinjira mu mubiri w’umuntu.

Beterave ifite umumaro wo gukura uburozi mu mubiri

Muri beterave habamo betalaine ifasha mu gikowa cyo gukura uburozi nk’ubwitabi mu mubiri kuko hamwe na betalaine uburozi cyangwa indi myanda yirunda hamwe igasohoka ku buryo bworoshye.

Beterave yongera amaraso mu mubiri

Beterave ifite akamaro kanini kuko ituma hakorwa abasirikare batukura ndetse ikazana umwuka mwiza (oxygene ) mu mubiri.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bwa mbere Yago yerekanye umubyeyi we aboneraho no kumwifuriza umunsi mwiza wahariwe umugore(ifoto bari kumwe)

Ibyo akora ntibisanzwe: Ku kuguru kumwe ajya muri Gym agaterura ibyuma biremereye bitaterurwa n’ubonetse wese(Videwo )