in

Ikipe yatekerezaga kuyitsinda ibyibagirwe: Kiyovu Sports igiye gusinyisha umukinnyi w’igihangage wakinaga muri shampiyona ikinamo ibyamamare muri ruhago -AMAFOTO

Ikipe yatekerezaga kuyitsinda ibyibagirwe: Kiyovu Sports igiye gusinyisha umukinnyi w’igihangage wakinaga muri shampiyona ikanamo ibyamamare muri ruhago.

Kiyovu Sports igiye gusinyisha myugariro Eric Ndayizeye wakiniraga ikipe yo mu gihugu cya Turkey yitwa Yeni Malatyaspor uyu musore w’imyaka 23 y’amavuko yamaze kugera mu Rwanda bikaba biteganyijwe ko ntagihindutse yasinyira Urucaca.

Amafoto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo yatawe muri yombi nyuma yo kwigira umukobwa agiye mu kizamini kubera umukunzi we -AMAFOTO

Ari kugurwa nk’amasuka mu gihe cy’ihinga! FERWAFA yatangaje aho amatike ya Super Cup ageze agurwa