in ,

Ikipe ya Chelsea imaze kwibikaho umukinnyi ukomeye ku isi ku buryo butunguranye

MAIN-Chelsea-celebrating-Conte-Hazard-and-players

Ikipe ya Chelsea n’umutoza wayo Antonio Conte kurubu nyuma yo gukomeza gushakisha abakinnyi bakomeye bazitabazwa mu mwaka utaha w’imikino kurubu nkuko tubikesha ikinyamakuru cyo mu gihugu cy’ubutaliyani Sky sport Italia biravugwako umukinnyi w’umudage w’imyaka 24 uvuye gukina imikino ya Confederation akanafasha ikipe ye gutwara iki gikombe, Myugariro Antonio Rüdiger akaba yamaze gukora ikizamini cy’ubuzima muri iyi kipe, bikaba binitezwe ko agomba gusinya amasezerano y’imyaka 5 kandi akazagura mu ikipe ya As Roma amafaranga asaga Miliyoni 29 z’amapound. Iyi akaba ari imwe muri Transfer umutoza Antonio Conte yifuzaga cyane muri iyi kipe ye.Image result for Antonio Rudiger

Antonio Rudiger ugiye kwerekeza mu ikipe ya Chelsea akaba yishimiye bikomeye kwerekeza muri iyi kipe aho yizeye kuzagirira ibihe byiza.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Akumiro: Urugo rwa Cristiano Ronaldo rugiye gusenywa n’inshuti ye magara

0

These ’90s fashion trends are making a comeback in 2017