in

Ikipe ya APR FC iguye munsi y’urugo benshi bataha bemeza ko Thierry Froger akwiye kwirukanwa

Ikipe ya APR FC iguye munsi y’urugo benshi bataha bemeza ko Thierry Froger akwiye kwirukanwa

Ikipe ya APR FC inganyije na Gaadiidka FC yo mu gihugu cya Somalia igitego kimwe Kuri kimwe.

Umukino waranzwe no kwiharira umupira kwa APR FC ariko mu gice cya mbere ikipe ya Gaadiidka FC ibona igitego rugikubita ariko Ntabwo yakomeje kwihagararaho.

Mu gice cya kabiri n’ubundi ikipe ya APR FC yagarutse ifite imbaraga nyinshi cyane ari nako ihanahana umupira mu minota ya nyuma yahise ibona igitego gitsinzwe na Victor Mbaoma itagize icyo yerekana mu mukino wose.

APR FC benshi bibazaga umubare w’ibitego igomba gutsinda umukino uza kurangira ari igitego 1-1 ariko umutoza Thierry Froger yerekana ko ntakintu azageza kuri iyi kipe ahubwo yasezererwa hakiri kare.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Hategekimana Bonheur ufatira Rayon Sports aciye bugufi

IFOTO Y’UMUNSI! Umuhanzi Bruce Melodie yahuye na Perezida Paul Kagame nyuma yo gususurutsa abitabiriye iserukiramuco