in

“Ikintu cyonyine cyagukuraho icyaha ni urupfu” Abantu bifuriza Prince Kid kugaruka i Kigali beruye bavuga ibyo bamwifuriza

“Ikintu cyonyine cyagukuraho icyaha ni urupfu” Abantu bifuriza Prince Kid kugaruka i Kigali beruye bavuga icyo bashaka.

 

Mu kiganiro Rwema yagiranye na Max TV ikorera ku muyoboro wa YouTube, yabwiwe ko abantu bifuriza Kid kugaruka i Kigali ko ari abagome.

Rwema yavuze ko ikintu cyonyine cyakuraho icyaha ku muntu ari urupfu, naho ibindi byo guhunga ntibyakiza umuntu kuko igihe uwo muntu aba azagarukira aba azakurikiranwa n’amategeko ndetse ibihano bikaba byakwiyongera.

Rwema yavuze ko abantu bari kubwira Prince Kid ngo ahunge ko bari kumwoshya, ikiza nuko yaza agasoza igihano cye.

Rwema kandi yavuze ko abantu bashaka ko Kid agaruka i Kigali bamwifuriza ibyiza, kandi ngo nakurikiza inama z’abamwoshya azicuza.

Reba videwo.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Minisitiri ushinzwe ibigo by’imari iciriritse yasabye Guverinoma gushyiraho itegeko ryemera gukubita abakene n’abanebwe bari mu gihugu

Dore impamvu 5 umugore uca inyuma umugabo we atajya apfa gufatwa