in

IFOTO Y’UMUNSI: Anita Pendo n’umukunzi we bashyize hanze amafoto agaragaza Anita atwite benshi bibaza niba yaramuteye inda (ifoto)

Muri icyi cyumweru nibwo icyamamare Rihanna n’umukunzi we ASAP Rocky bamaze imyaka mike ishize bivugwa ko bakundana  binyuze ku mbuga nkoranyambaga hacicikanye amafoto yaba bombi aho byamenyekanye ko uyu mushoramarikazi w’umunyabarbados Robyn Rihanna Fenty uzwi nka Rihanna atwite inda y’uyu muraperi ASAP Rocky.

Umunyamakuru Anita Pendo na mugenzi we bakorana kuri magic FM batunguye abantu ubwo bashyiraga ifoto yabo mu myambaro isa niyo Rihanna na ASAP bari bambaye.

Irebere ifoto:

Written by Mike Mugisha

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.: +250 781 994 990

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Salima Mukansanga wanditse amateka mu gikombe cy’Afurika baramutunguye bidasanzwe

Kabaye:umusore n’umukobwa bafotowe barimo gukorera urukundo kuri moto igenda(video)