in

Icyangiye umuntu gitera agahinda koko! Abafana ba Rayon Sports bagaragaje agahinda ku maso abandi bikorera amaboko ku mukino batsinzwemo na Bugesera FC – AMAFOTO

Abafana ba Rayon Sports bongeye kugaragaza agahinda  mu maso nyuma yo gutsindwa umukino ubanza w’igikombe cy’amahoro na Bugesera FC.

Muri uyu mukino uzaba wa 1/2 cy’Igikombe cy’Amahoro, Bugesera FC yatsinze Rayon Sports hakiri kare igitego 1-0.

Rayon Sports yakomeje guhiga igitego cyo kwishyura, ariko kirabura burundu. Abafana bari bawitabiriye bagaragaje agahinda ndetse no kumanjirwa kubera imikorere ya Rayon Sports itari ishimishije imbere ya Bugesera.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Victor Mbaoma na Ani Elijah nibo bayoboye abandi ba rutahizamu bafite ibitego byinshi muri Shampiyona

Umunyamakuru Nkundineza Jean Paul yahamijwe bimwe mu byaha yari akurikiranyweho, ahita akatirwa igifungo cy’imyaka itari micye