in

Ibyo Omah Lay w’imyaka 26 yakoreye umukunzi we Tiwa Savage w’imyaka 43 byatumye abantu bongera gucika ururondogoro

Ibyo Omah Lay w’imyaka 26 yakoreye umukunzi we Tiwa Savage w’imyaka 43 byatumye abantu bongera gucika ururondogoro.

Umuhanzi Omah Lay, yavugishije benshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’uko yoherereje indabo umuhanzikazi Tiwa Savage.

Ibi byaje nyuma y’uko Tiwa Savage asangije abamukurikirana ku rubuga rwe rwa Instagram, amashusho agaragaza indabo uyu musore w’imyaka 26 yamwoherereje.

Ntibyarangiriye aho, Omah Lay yanyarukiye kuri Twitter ashyiraho ifoto ya Tiwa Savage, yandikaho amagambo ashimangira amarangamutima amufitiye.

Yanditse agira ati “ Nanjye nkunda Tiwa Savage.”

Ibi byongeye kuvugisha benshi nyuma yuko urukundo rw’aba babiri rwari rurimo guca amarenga ubwo byatangizwaga n’umuhanzi omah lay ubwo yapostingaga ifoto ya Tiwa Savage kuri Twitter ye.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

KNC umaze iminsi avuga amagambo yo gutera ubwoba Abareyo yavuye ku izima ahishura rutahizamu wa Rayon Sports ufite ubushobozi bwo kwinjiza igitego mu izamu rya Gasogi United

Ibyago bikabije ku bagabo badaca inyuma abagore babo (UBUSHAKASHATSI)