in

Ibyago bikabije ku bagabo badaca inyuma abagore babo (UBUSHAKASHATSI)

Umushoramari wo mu gihugu cya Ghana  ,akaba icyamamare ku mbuga nkoranyambaga Ibrah One yashyize hanze  ubushakashatsi bwerekanye  impamvu abagabo bapfa vuba .

Ibrah One yavuze ko yaje kuvumbura ko abagabo badaca inyuma abagore babo bapfa vuba kandi bakiri bato ndetse ko umwe mu nshuti ze za hafi aricyo yazize ubwo yitabaga Imana,

Ibrah One avuga ko umugabo ukeneye kubaho igihe kirekire akwiye gutangira guca inyuma umugore we ,nkuko inkuru dukesha ikinyamakuru Ghana Guardian yasohotse mu mwaka wa 2021 ibivuga .

Icyakora nanone nta bigo bikomeye bikora ubushakashatsi byigeze byemeza ibyavuye mu bushakashatsi bwa Ibrah One, ngo byemeze ko mu by’ukuri umugabo udaciye inyuma umugore we apfa vuba.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
2 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Hirwa Allan
Hirwa Allan
1 year ago

Mu by’ukuri nk’ iyi nkuru content irimo ni iyihe?

Theogene
1 year ago

Man nasomye content intera amatsiko ngirango hari ikintu kiraba kirimo

Ibyo Omah Lay w’imyaka 26 yakoreye umukunzi we Tiwa Savage w’imyaka 43 byatumye abantu bongera gucika ururondogoro

Gicumbi: Umugore w’imyaka 31 yishe umwana we w’amezi atanu amwica akoresheje uburyo bw’ashenguye imitima ya benshi