in ,

Ibyo Anita Pendo yakoreye abafana be ntibazabyibagirwa.

Mu rwenya rwinshi Umunyamakurukazi Anita Pendo yatunguye abafana be ,maze ababwira ko ufite ikibazo wese cy’amafaranga atarengeje ibihumbi makumyabiri yamuha numero ye bagapanga uko bazajya gusengera aho bita “Kanyarira”.

Abatasomye neza ubu butumwa bikanze ko ababwiye ko bamuha numero zabo akayabaha.Gusa baje gusanga bibeshye nibwo batangiye kumubwira ko abahemukiye kuko bamwe ngo bafite ibibazo bijyanye n’amafaranga ko kujya gusenga ntacyo birabafasha.Abandi bamushimira ibyo abakoreye abakura umutima.

Reba bimwe mu bitekerezo by’abafana ba Anita Pendo

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru yose ari kuvugwa muri NBA, Resultant na Transfers (Kyrie aragaruka vuba,..)

Ngaya amagambo umukobwa w’ikizungerezi ukunda Yago atangaje ! (video)