in

Ibyo abanyamakuru b’urukiko rw’imikino bavuze kuri Mukansanga Salim byabakijeho umuriro babita abanyeshyari n’umutima mubi

Nyuma y’aho umusifuzi mpuzamahanga w’umunyarwanda Salim Mukansanga akoze amateka atari yakorwa n’undi musifuzi wese mu Rwanda, abantu barabyishimiye cyane ndetse banashimishwa n’uko ahagarariye abanyarwanda mu gikombe cy’isi.

Ku munsi wejo, nibwo mu kiganiro Urukiko rw’ubujurire cyabaye kera cyagaruwe n’umwe mu bakoresha Twitter yibutsa abantu ibyo bavuze abandi babataramiraho biratinda.

Abantu bakunze gushinja bamwe mu banyamakuru kuvuga ibihuha, bahise bavuga ko uretse n’ibihuha bamwe basigaye bagira ishyari.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Claude Rubanire
Claude Rubanire
1 year ago

Uretse se ishyari nubwishongozi bwa Sam Karenzi,we ari hariya kuberako mubo biganye ariwe wari umuhanga cyane?
Ajye amenyako aho ari ubu ari ukubera ikizere yagiriwe si uko ariwe ushoboye kuruta abandi.
Mukansanga nawe rero ikizere yakigiriwe kdi agaragaza ubushobozi.
Ariko ubundi Sam Karenzi yiyunvamo iki,cg se ashima iki? Nkunze kumva ibintu binshi aza abinenga gusaaaa.
Uretse ISHYARI,UKWIYEMERA,UBWIBONE,mbona ibijyanye numwuga we witangazamakuru atandukira cyane,rimwe narimwe akinjirira political,ubundi agashaka kwivanga buzima bwite bwamuntu.
Nagabanye ishyali yimike muriwe ishema ryigihugu gusa.

Huye; Umusore wari ugiye kurushinga yasanzwe mu ishyamba yapfuye

Adil Mohamed yongeye gutera utwatsi APR FC kubera ko iyi kipe yakoze ikintu uyu mutoza adakozwa na rimwe