in

Ibyavuye mu matora y’ikipe ikunzwe cyane mu Rwanda hagati ya APR Fc, Rayon Sports, Gasogi ndetse na Kiyovu

Ibyavuye mu matora y’ikipe ikunzwe cyane mu Rwanda hagati ya APR Fc, Rayon Sports, Gasogi ndetse na Kiyovu

Binyuze ku rubuga rwa twitter kuri konti y’umwe mu banyamuru bo mu Rwanda ukurikirwa n’ibihumbi 146 yakoresheje amatora agamije kureba ikipe ikunzwe na benshi mu Rwanda hagati ya APR Fc, Rayon Sports, Gasogi United ndetse na Kiyovu Sports.

Gusa nk’uko byari byitezwe ikipe ya Rayon Sports yaje iyoboye urutonde dore ko yari yikubiye 54% by’amajwi yose yatanzwe.

Mu bantu 4,244 batoye Ikipe ya Rayon Sports yaje iyoboye n’amajwi 2, 314, APR FC irayikurikira n’amajwi 985, Kiyovu Sports iza ku mwanya wa 3 n’amajwi 593, mu gihe Gasogi yaje ku mwanya wa 4 n’amajwi 352.

Uko amajwi yagenze

Nk’uko amajwi abigaragaza Rayon Sports iri kwisonga mu kugira abafana benshi dore ko yarushije amajwi amakipe yose yiteranyije.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Wagira ngo yariremye! The Ben yifashishije amashusho agaragaza ubwiza bwa Pamela maze amutura akaririmbo kuzuyemo imitoma – VIDEWO

Ubwicanyi buri gufata indi ntera: Gatsibo umugabo yishe umuvandimwe we akoresheje ishoka