in ,

Ibyamamare 10 bya mbere ku Isi byitabye Imana bigasiga agatubutse.

Ikinyamakuru Forbes Magazine gikora intonde zitandukanye zibanda cyane ku byamamare ndetse n’abantu batunze agatubutse kuri iyi si, mu rutonde ngarukamwaka rw’ibyamamare byavuye ku iyi si ya rurema byinjije agatubutse muri uyu mwaka wa 2020 ruyobowe na nyakwigendera Michael Jackson aho na Kobe Bryant witabye Imana muri uyu mwaka nawe ari kuri uru rutonde.

Dore uko urutonde ruteye:

10. Prince (umuhanzi) $10M
Yitabye Imana Kuwa 21 Mata 2016
9. John Lennon (umuhanzi) $13M
Yitabye Imana Kuwa 8 Ukuboza 1980
8. Bob Marley (umuhanzi) $14M
Yitabye Imana Kuwa 11 Gicurasi 1981
7. Juice WRLD (umuhanzi) $15M
Yitabye Imana Kuwa 8 Ukuboza 2019
6. Kobe Bryant (umukinnyi) $20M
Yitabye Imana Kuwa 26 Mutarama 2020
5. Elvis Presley (umuhanzi) $23M
Yitabye Imana Kuwa 16 Kanama 1977
4. Arnold Palmer (umukinnyi) $25M
Yitabye Imana Kuwa 25 Nzeri 2016
3. Charles Schurlz (yakoraga amashusho azwi nka Cartoon) $32.5M
Yitabye Imana Kuwa 12 Gashyantare 2000
2. Dr. Seuss (umwanditsi) $33M
Yitabye Imana Kuwa 24 Nzeri 1991
1.Michael Jackson (umuhanzi) $48M
Yitabye Imana Kuwa 25 Mutarama 2009

 

Source:forbes

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Zari yongeye kwihakana Diamond Platnumz ahamya ko akeneye umukunzi.

Twabashije kugarira neza iminota y’umukino irangira nta gitego dutsinzwe – Mashami