in

NdabikunzeNdabikunze NDASETSENDASETSE

Ibyafasha umukobwa ushaka kwegukana umutima w’umusore yihebeye bitamugoye.

Biragoye kubona umukobwa ukoresha amagambo kugirango areshye umusoreni ibintu uzabona gake cyane bikarushaho kuba gake cyane iyo tugeze mu Rwanda.Twifashishije imbuga za interneti twasanze hari bimwe mu byo umukobwa yakora bikamufasha kwegukana umusore yahoze arota.

Ahanini iyo urebye bisaba ko umukobwa yumva ko yikunze we ubwe, kumva ko ar mwiza ndetse ntiyigereranye n’abandi.Kwigirira icyizere ndetse no kwishyiramo akanyabugabo.Ibi igihe wabyujuje neza bizaba bimwe mu byagufasha kureshya no  kwegukana umusore wakunze mu  buryo bukoroheye.

Ibi ntabwo bivuze kwitera ibirungo bikabije cyangwa kwambara imyenda ihambaye ,iyo wambaye imyenda isanzwe biba bihagije kugirango babone uteye amabengeza, ndetse udahinda.Kwiyoshya , kumusetsa, no kumusekera imbere ye mbese uhagaranira kuba uwo uri we, ntakabuza umusore azakwiyumvamo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Exclusive: FERWAFA itangaje abasifuzi bazasifura umukino wa APR FC na Rayon Sports.

Kigali: Umugabo yatahanye indaya yanga kuyishyura iteza induru ||ibyabaye ku mugabo nyuma ni urwenya