in ,

Igiye kwemera ihebe! APR FC nyuma yo kumenya ko Rayon Sports yaguze ba rutahizamu karundura ihise ifata umwanzuro wo gusinyisha umukinnyi Simba SC igenderaho -AMAFOTO

Igiye kwemera ihebe! APR FC nyuma yo kumenya ko Rayon Sports yaguze ba rutahizamu karundura ihise ifata umwanzuro wo gusinyisha umukinnyi Simba SC igenderaho.

Uyu munsi nibwo byamenyekanye ko ikipe ya Rayon Sports yazanye rutahizamu mushya w’umunya Senegal witwa Alon Paul Gomis w’imyaka 29 y’amavuko ubu ikipe ya APR FC nayo biravugwa ko igiye gusinyisha umurundi kabuhariwe Saido Ntibazonyiza ukinira ikipe ya Simba SC yo muri Tanzania.

Saido Ntibazonyiza n’umukinnyi ukomeye cyane ikipe y’igihugu y’u Burundi igenderaho ndetse n’ikipe ya Simba SC yo muri Tanzania akaba afite imyaka 36 y’amavuko uburebure n’imiterere 1.7cm bikaba biteganyijwe ko hatagize igihinduka arasinyira ikipe ya APR FC.

Amafoto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ntibisanzwe! Abakobwa babiri beza beruye batangaza uburyo bakunda imbwa kurusha abagabo -AMASHUSHO

Ibise byo Nsabi atangiye nibiki?: Mu masaha y’ijoro umunyarwenya Dogiteri Nsabi bari bamwivuganye bamuziza gusoma umugore w’abandi -AMASHUSHO