in

Ibintu umugabo wese agomba gukora niba ashaka kuramba ndetse nabo babana bakaramba

Ibintu umugabo wese agomba gukora niba ashaka kuramba ndetse nabo babana bakaramba.

Hari bimwe mu bikorwa dukora rimwe na rimwe bikadushyira mu kaga ndetse bikajyenda biganya iminsi yo kubaho dufite ku isi, gusa niba ushaka kuramba hari bimwe mubyo ugomba gukurikiza.

1.Niba utwara ikinyabiziga jya ugitwara wigengesereye kuko uba ufite amahirwe menshi yuko urupfu rwawe aricyo rwaturukaho.

2. Jya urya imbuto kenshi bishoboka ndetse urye n’indyo yuzuye kandi ibyo urya bibe biteguranye isuku kuko zimwe mu ndwara turwara ziterwa n’indyo zitaboneye.

3. Jya wirinda kurwana ndetse wirinde kwegera aho abandi bari kurwanira kuko ntawamenya hari ubwo bagukubita ikintu k’ingusho.

4. Jya ukora siporo kenshi cyane bishoboka kuko zituma umubiri ukomera ndetse ukiremamo ubushobozi bwo guhangana na zimwe mu ndwara.

5. Niba ufite umugore jya wirinda icyatuma murwana cyangwa icyazana intonganya kuko ari byo bituma ahinduka urushako rubi, kandi burya urushako rubi ni umukozi w’urupfu.

N’ibindi byinshi ushobora gukora kugirango wongere iminsi yo kubaho kwawe.

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Bamwe barangayaga abandi baranutse cyane” Wa mukobwa wagaragaye mu ndirimbo ya Juno Kizigenza yatangaje ibintu byinshi byamuvuzweho abantu batigeze bamenya

Diamond Platnumz yakubitiye mu gafuka abandi bahanzi bagenzi be