in

Ibibazo  mu ikorwa ry’umuhanda Kigali – Mageragere

 

Hashize igihe kitari gito uy’umuhanda uva I nyamirambo ujya I mageragere utangiye gukorwa. 

 

Mu itangira imirimo yo gukora uy’umuhanda yatangiranye imbaraga nyinshi, byanashimishaga abaturage bunvako bagiye kubona umuhanda vuba. 

 

Ariko ubu siko bimeze kuko uy’umuhanda uri gukorwa biguruntege, utembereye uy’umuhanda ushoba gusangamo imashini nk’ebyiri cyangwa eshatu gusa arizo ziri gukora mu muhanda wose. 

Abaturage bamwe na bamwe ntibahwema nokuvga ko rwiyemeza mirimo, amafaranga ashobora kuba yaramushiranye bityo agashyiramo abakozi bake. 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

AMAFOTO: Mu nzu y’ubwami bwa Kate Bashabe yakiriyemo Bruce melodie ibitwenge biramwica

Padiri Isaac yishwe atwikiwe mu nzu iwe