in

Huye! Abiga muri kaminuza bari bategereje guhabwa mudasobwa bari kwimyiza imoso

Ubwo kuri uri uyu wa Kane tariki 11 Mutarama 2024, muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye hatangwaga mudasobwa ku banyeshuri, abiga mu myaka isoza babajwe no kuba batazihawe.

Aba bavuga ko mu myaka bagezemo ari nabwo zikenerwa cyane, ariko batungurwa no kuba bazimwe.

Umwe mu banyeshuri yabwiye Kigali Today ati “Ntabwo tunejejwe n’ibibaye kuko ni twe tugeze mu bihe tuzikeneye cyane mu byo kwandika ibitabo. Ikindi kwiga ntibirangirira muri ‘Bachelors’, abazakomeza muri Masters bateganyaga kuzazifashisha. Turahombye cyane.”

Abahawe mudasobwa bo batangaje ko byabashimishije kuko ngo zigiye kubafasha mu myigire yabo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi Abe Star yashyize hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yise “Respect”

Umubyeyi wa Eric wishwe na Kazungu yari yabukereye! Urubanza rwa Kazungu Denis rwasubitswe -Amafoto