in

Hita ubasiba kano kanya! Ibimenyetso (20) bizakwereka inshuti mpimbano cyangwa zitagifitiye umumaro mu buzima bwawe

Ibimenyetso (20) bizakwereka inshuti mpimbano mu buzima bwawe.

Akenshi duhemukirwa n’inshuti twahisemo mu buzima bwacu kuko zaje zifite undi mugambi atari uw’ubushuti.

Izo nshuti twakita mpimbano mu buzima bwawe, zizakwereka bimwe muri ibi bimenyetso bikurikira.

  1. Aguhamagara iyo agushakaho ikintu
  2. Ntagushyigikira
  3. Nta nama yakugira
  4. Akugirira ishyari
  5. Ntakwitaho
  6. Akuzaho iyo ufite amafaranga
  7. Nta faranga rye yakwihera kandi arifite
  8. Ntabwo ashishikazwa n’uko watera imbere
  9. Agukoresha ku bw’inyungu ze bwite
  10. Ntabwo yakugoboka mu bihe bikomeye
  11. Iteka ahora akuvugaho ibibi gusa
  12. Nta kintu ashobora kugusezeranya
  13. Ntiyakubikira ibanga ryawe
  14. Aguteranya mu bandi
  15. Akwigiraho umwana mwiza iyo hari icyo agushakaho
  16. Ahora ashaka gusenya ibyo wubatse
  17. Akwicaho iyo ageze mu bandi bakurusha ubushobozi
  18. Ntashobora kukwitangira
  19. Nta mwanya we yagutaho, muhura iyo bihuriranye.
  20. Akurutisha ubutunzi

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Baremera baburare ariko bayigure! Abakirisitu ba EAR bari gukusanya amafaranga kugira ngo bagurire imodoka Rev. Past. Dr Antoine Rutayisire wasoje inshingano ze

Amakuru meza ku bantu batega imodoka rusange bagatinda ku murongo bikabicira gahunda zabo