in

Havumbuwe ko hariho impumuro igaragaza umuntu utera akabariro nutabikora.

Burya bavuga ko impumuro y’umuntu idaturuka ku mavuta ahubwo y’umwimerere ikomoka ku turemangingo tugenda dupfa na none kandi ikaba igenda ihindagurika bitewe n’ibihe umubiri w’umuntu urimo mu buryo bufatika urugero nk’uburwayi.

Mu bindi bishobora gutera iyi mpumuro birimo ibyo kurya, niba utera akabariro cyangwa utagatera kimwe n’imiti uri gufata na none kandi ushobora kumva uko umuntu ahumura ukaba wamenya agace aturukamo bitewe n’umuco bagira n’ibyo umenyeye bafata.

Ubushakashatsi buherutse gukorwa bukaba bwaremeje ko impumuro y’umuntu ishobora kugaragaza kandi umugabo utera akabariro cyangwa utagatera bivuze ufite umukunzi umugore bishingiye ku mpumuro inyuranye y’abagabo babiri.

Aba bagabo badatera akabariro, badafite abakunzi, badafite abagore, bakaba bahumura mu buryo bwuzuyemo imbaraga nyinshi kubera imisemburo myinshi baba bafite kurusha ababa bafite abagore.

Ubu bushakashatsi bukaba bwerekana ko abagore benshi bafite ubumenyi kuri ibi ngibi ku buryo ashobora kukurora yanakwihumuriza akamenya niba wubatse ufite umukunzi cyangwa ntawe.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Wa mufana w’ikipe y’Ubusuwisi uherutse guca ibintu yongeye gukora agashya muri stade ubwo ikipe ye yatsindwaga

Dore inkumi y’uburanga iri mu mashusho y’indirimbo nshya ya Safi Madiba (Amafoto)