in

NdabikunzeNdabikunze NdababayeNdababaye NDASETSENDASETSE

Hashyizeho akayabo ku muntu uzareba izi filime ziteye ubwoba||Gerageza amahirwe na we.

Hari filime ziteye ubwoba cyane, zatangiye kwinjiriza agatubutse abazirebye.Ikigo cy’imari cyitwa FinanceBizz cyamaze gutangaza ko kizahemba amadorali 1300 umuntu wese uzicara akareba filime 13 ziteye ubwoba akazirangiza .iki kigo kivuga ko ibi biri mu rwego rwo gutegura neza ubushakashatsi kizatangira gukora mukwezi kwa 10.

Iki kigo kivuga ko impamvu yubu bushakashatsi arì ukugirango harebwe niba filime zihenze arizo zirebwa cyane kurusha izashowemo amafaranga make.Aba bavuga ko bazashyiraho kandi abahanga ku mikorere y’umutima wumuntu kugirango harebwe imikorere yawo mu gihe umuntu arimo kureba izi filime zizwi nka “horror movies”.

Dore zimwe muri filime basabye ko abantu bareba nk’uko CNN ibivuga: Saw , AmityVille, A Quiet Place, A Quiet Place part 2, Candyman ,Insiduous, The Blair Witch Project , Sinister, Get out, the Purge, Halloween 2018, paranormal Activity na Anabelle.

Bamwe mu bantu bazatoranywa rero ngo buri umwe azahembwa amadorali 1300 angana na 1,300,000 rw kugirango na we usabè kuba umwe mu bazareba izi filime wanyura kuri http://www.financebuzz.com

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umusore yahawe igihano gisekeje nyuma yo gushaka gufata ku ngufu.

Umugabo yari apfiriye muri pisine yihisha nyir’umugore bacanaga inyuma||Dore ibyamubayeho.