in

NdabikunzeNdabikunze NdababayeNdababaye NDASETSENDASETSE

Umugabo yari apfiriye muri pisine yihisha nyir’umugore bacanaga inyuma||Dore ibyamubayeho.

Umugabo yari apfiriye muri Pisine(swimming pool) ubwo yageragezaga kwihisha umugabo w’umugore yari yagiye guca inyuma .Ni nyuma y’aho uyu mugabo atashye bitunguranye atabanje guteguza umugore we.

Amakuru dukesha ikinyamakuru Atinkanews avuga ko uyu mugore yabonye umugabo we agiye mu kazi maze ahita àtumira umuhungu w’inshuti ye ngo aze basambane, atazi ko umugabo we aribugaruke akabagwa gitumo.

Umugabo we yahageze mugihe bari muri pisine bishimisha kandi batazi ko ibintu bigiye guhinduka ibi, bumvise nyir’urugo arimo gukomanga, hanyuma umugore ajya kumwakira,  wa musore yahise ashaka uburyo yihisha mu mazi kugirango adafatwa.

Uyu mugabo washyize ubuzima bwe mu kaga ajya mu rugo rw’umugore wubatse, yari agiye kuburira umwuka mu nsi y’amazi yo muri Pisine.Kubw’amahirwe nyir’urugo ntiyamubonye kuko yahise yikomereza mu nzu,naho nyamusore ahita atoroka.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Hashyizeho akayabo ku muntu uzareba izi filime ziteye ubwoba||Gerageza amahirwe na we.

Ibizakwereka ko umugabo yamaze kurambirwa umugore we burundu.