in

Haruna Niyonzima yavuze igihe azarekerera gukina umupira w’amaguru

Umukinnyi Haruna Niyonzima kuri ubu ukinira ikipe ya AS Kigali n’ikipe y’U Rwanda, Amavubi, yavuze igihe azarekeraho gukina umupira w’amaguru. Ni mu kiganiro Versus aho Haruna yari yatumiwe nk’umutumirwa w’umunsi.

Nkuko Haruna yabitangaje yavuze ko atazigera ahagarika umupira kubera amagambo y’abantu dore ko hari abantu bagenda bamuvugaho amagamvo atandukanye arimo n’ayo kumuca intege no kumusaba kureka umupira nkuko yabyivugiye. Haruna we yavuze ko azareka umupira inzozi ze nizimara kugerwaho kuko afite inzozi yari afite ajya gutangira gukina umupira w’amaguru. Ngo igihe azumva inzozi ze zigezweho nibwo azareka gukina umupira w’amaguru akajya mu bindi.

Haruna Niyonzima

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyamamare bikomeye byahoze bikora akazi kagayitse

Kigali: umukobwa ukiri muto apfuye mu buryo bubabaje.